#COVID19: Abanduye batatu babonetse mu bipimo 4,615

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 09 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu batatu banduye Covid-19. Umwe yabonetse i Kigali, undi aboneka i Rulindo, undi aboneka i Musanze. Mu Rwanda hose hapomwe abantu 4,871.

Iki cyorezo kimaze iminsi nta muntu gitwara ubuzima mu Rwanda, kugeza ubu
abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka