#COVID19: Abanduye bashya ni 830, abapfuye ni 17

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE), yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 10 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 830 babasanzemo Covid-19, muri bo 445 bakaba babonetse i Kigali. Yatangaje kandi ko abantu 17 bitabye Imana bazize icyo cyorezo, abakirwaye ni 15,110 naho abarembye ni 63 naho abakize ni 869 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Inzego zishinzwe ubuzima zisaba Abaturarwanda baba abakingiwe n’abatarakingirwa gukomeza kwitwararika birinda kwandura cyangwa kwanduza abandi icyorezo cya Covid-19 gikomeje kugaragaza ubukana mu Rwanda n’ahandi ku isi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

murakoze kumakuru mutungezaho yakovidi19 tugafata ingamba zokwirinda icyicyorezo cyitwugarije murakoze

nizeyimana cloude yanditse ku itariki ya: 14-07-2021  →  Musubize

Twese dufatanije,tukumva kimwe uburemere bw’iki cyorezo,twagitsinda vuba naho nihakomeza kubaho kugikerensa kizatumaraho abantu.

Nkurunziza cyrille yanditse ku itariki ya: 11-07-2021  →  Musubize

tubashimiye amakuru mutungezaho yokwirinda icyicyorezo twirinda burimutsi

nizeyimana cloude yanditse ku itariki ya: 14-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka