#COVID19: Abanduye bashya ni 55, Akarere ka Ngoma ni ko kagize benshi

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 3 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 38, bakaba babonetse mu bipimo 7,373.

Akarere ka Ngoma ni ko kaje imbere n’abanduye benshi kuri uwo munsi, gafite 24 kagakurikirwa na Ngororero gafite icyenda (9).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka