#COVID19: Abanduye bashya 8 babonetse mu bipimo 12,065

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 26 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya umunani (8), bakaba babonetse mu bipimo 12,065.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abamaze kwitaba Imana bose hamwe ni 1,341.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka