#COVID19: Abanduye bashya 50 babonetse mu bipimo 22,514

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 12 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 50, bakaba babonetse mu bipimo 22,514.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abantu batanu bashya binjiye ibitaro, abarembye ni bane.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka