#COVID19: Abanduye bashya 26 ni bo babonetse ku wa Kane

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 9 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 26, bakaba babonetse mu bipimo 4,459.

Muri abo banduye, 22 babonetse i Kigali, babiri i Musanze, umwe i Rubavu, umwe i Karongi n’umwe wabonetse i Gicumbi. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka