#COVID19: Abanduye bashya 14 babonetse mu bipimo 11,792

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 29 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 14, bakaba babonetse mu bipimo 11,792.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda ni 1,342.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Twese dufatanye kurwanya covid19 nukuri tubigire ibyacu ndinda nawe wirinde

Mahoro Elie yanditse ku itariki ya: 30-11-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka