#COVID19: Abanduye bashya 13 babonetse mu Rwanda ku wa Mbere

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 28 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 13, bakaba babonetse mu bipimo 12,861.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize COVID-19, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,457 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka