#COVID19: Abanduye bashya 13 babonetse mu Rwanda ku wa Mbere

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 28 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 13, bakaba babonetse mu bipimo 12,861.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize COVID-19, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,457 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka