#COVID19: Abanduye bashya 1,488 babonetse mu bipimo 24,501

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 30 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 1,488 bakaba babonetse mu bipimo 24,501.

Nta wishwe na Covid-19 mu gihugu kuri uwo munsi. Abashyizwe mu bitaro bashya ni 26, abarembye ni 2 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Tugombakuyirinda dukurizamabwiriza dukarabintokineza nisabune duhanintera ya 1m twambaraneza agapfukamunwa tunitabira kwikingiza nitubikuriza tuzayitsinda

Ndizihiwe jpaul yanditse ku itariki ya: 31-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka