#COVID19: Abanduye bane babonetse mu bipimo 3,377

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 4 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya bane, bakaba babonetse mu bipimo 3,377.

Abo bantu bane banduye, babiri babonetse i Kigali, umwe aboneka i Rubavu, undi aboneka i Nyagatare. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka