#COVID19: Abanduye 25 babonetse mu bipimo 4,375

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 17 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 25, bakaba babonetse mu bipimo 4,375.

Abo bantu 25 banduye barimo 20 babonetse i Kigali, babiri babonetse i Musanze, babiri babonetse i Nyamagabe Huye, undi umwe i Rusizi.

Nta muntu uheruka kwitaba Imana mu Rwanda azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka