#COVID19: Abanduye 15 barimo 13 babonetse i Kigali

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 01 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abantu 15 banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 3,773.

Abo bantu 15 barimo 13 babonetse i Kigali, abandi babiri baboneka i Rubavu. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka