#COVID19: Abanduye 14 babonetse i Kigali n’i Rubavu

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 26 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya cumi na bane, bakaba babonetse mu bipimo 5,399.

Umunani muri bo babonetse i Kigali, abandi batandatu baboneka i Rubavu.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka