#COVID19: Abanduye 14 babonetse i Kigali n’i Rubavu

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 26 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya cumi na bane, bakaba babonetse mu bipimo 5,399.

Umunani muri bo babonetse i Kigali, abandi batandatu baboneka i Rubavu.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka