#COVID19: Abandi bantu 14 bitabye Imana, abanduye bashya ni 969

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 27 Nyakanga 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19bashya 969 bakaba babonetse mu bipimo 10,615. Abantu 14 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 771. Abitabye Imana ni bagore 4 n’abagabo 10.

Iyo Minisiteri itangaza kandi ko kuri uwo munsi abasezerewe mu bitaro ari 15 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 13, abarembye ni 61.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ndabona dukwiye gukomeza kwirinda imana izatuneshereze iki cyorezo kuko nticyoroshye cyatigize abashomeri twari dusanze twikorera these hamwe dufatikanye kwirinda tuzanesha murakoze

Joyeux Murhonyi yanditse ku itariki ya: 28-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka