COVID-19 yishe umugabo w’imyaka 46 i Kigali

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) mu Rwanda, yihanganishije umuryango w’umugabo w’imyaka 46 witabye Imana i Kigali azize Covid-19. Iyo Minisiteri yanatangaje ko ku wa Gatatu tariki 26 Gicurasi 2021, abakize icyo cyorezo ni 86 mu gihe abacyanduye ari 37 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 26,817.

Abarembye kubera icyo cyorezo ni batatu (3), na ho kugeza ubu abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 350.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka