#COVID-19: Umugabo w’imyaka 69 yitabye Imana i Huye

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 27 Mata 2021, mu Rwanda umuntu umwe yishwe na Covid-19. Abayikize ni 84 bituma umubare w’abamaze gukira bose hamwe baba 23,089. Abanduye bashya ni 137, abakirwaye bose hamwe ni 1,394.

Uwitabye Imana ni umugabo w’imyaka 69 (i Huye).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ese Covid19 Izashyira ryari mu gihe ministère n’amavuriro na police batavuga Rumwe, Amavuriro n’Abaganga Ntibakimenya Indahiro barahira, Ariko n’iyo barangaye b’Abaforomo(kazi) babib’umugono bagashiraho kamere, tumaze iminsi twumva ibibera muri Faizal, ndetse n’ibyabereye ku Bitaro bya GISENYI Aho bakoze ibintu bigayitse bitaberanye n’ibikorwa byo kwa Muganga, kubona bafata umurwayi warembye bakamuryamishya Aho babyukije uwo basanze mo Covid19, Ahubwo Tumaze kumenya ko uwo Mubyeyi bahohoteye Arwaye Kanseri,ese koko kwa Muganga basigaye basonga n’utarapfa? None ngo ari mu kato we n’abe, Leta n’ijya Itangaza ibya Corona ijye Itangaza n’abarenze ku nshingano z’akazi kabo nk’Abaganga

FIFI yanditse ku itariki ya: 28-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka