#COVID-19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya barindwi, ntawakize

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki 12 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu barindwi bashya banduye COVID-19, naho mu bari barwaye ntawakize.

Abo barwayi bashya barindwi babonetse mu bipimo 1,917 bakaba barimo ababonetse i Kigali:4, Nyagatare:1, Rubavu:2

Kugeza kuri uyu wa Kane mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,319 muri bo abamaze gukira ni 4,974 naho abakivurwa ni 304.

Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 41.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka