#COVID-19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya barindwi, ntawakize

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki 12 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu barindwi bashya banduye COVID-19, naho mu bari barwaye ntawakize.

Abo barwayi bashya barindwi babonetse mu bipimo 1,917 bakaba barimo ababonetse i Kigali:4, Nyagatare:1, Rubavu:2

Kugeza kuri uyu wa Kane mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,319 muri bo abamaze gukira ni 4,974 naho abakivurwa ni 304.

Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 41.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka