#COVID-19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 5, ntawakize

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 07 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu batanu bashya banduye COVID-19.

Abo barwayi bashya batanu babonetse mu bipimo 2,859, bakaba barimo ababonetse bane babonetse mu Mujyi wa Kigali, n’undi umwe wabonetse muri Rubavu.

Kugeza kuri uyu wa Gatandatu, mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,213 muri bo abamaze gukira ni 4,953 naho abakivurwa ni 225.

Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 36.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka