
Abo barwayi bashya batanu babonetse mu bipimo 2,568 bakaba barimo bane babonetse muri Kigali, n’undi 1 waboneka i Nyamagabe.
Kugeza kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 4,852 muri bo abamaze gukira ni 3,211 naho abakivurwa ni 1,612.
Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 29.
Ohereza igitekerezo
|