Abo barwayi batandatu babonetse mu bipimo 1,306, bakaba barimo 2 babonetse mu Mujyi wa Kigali, 3 babonetse i Nyagatare, undi umwe aboneka i Rubavu.
Kugeza kuri uyu wa Kabiri mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 4,873 muri bo abamaze gukira ni 3,246 naho abakivurwa ni 1,598.
Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 29.
Shakisha izindi nkuru
Inkuru bijyanye na: Coronavirus
- Nageze ku muryango w’urupfu Imana ikinga akaboko - Ubuhamya bw’uwakize COVID-19
- Mu Rwanda abantu batanu bishwe na #COVID19, habonetse abarwayi bashya 194
- Mu Rwanda abantu batatu bishwe na #COVID19, habonetse abarwayi bashya 172
- #COVID19 : Abarwayi bashya 166 barimo 108 babonetse i Kigali
- Mu Rwanda abantu bane bishwe na #COVID19
- Kicukiro: Abagera kuri 17 bafashwe bakora ibirori urugo baruhinduye nk’akabari
- Umubare w’abarenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 waragabanutse
- #COVID19 : Mu barwayi bashya 169 harimo 125 babonetse i Kigali
- Mu Rwanda abantu batatu bishwe na #COVID19, habonetse abarwayi bashya 93
- MINEDUC: Nta mwana urwarira ku ishuri ngo ajye mu muryango we adapimwe COVID-19
- #COVID19 : Abarwayi bashya 143 barimo 101 babonetse i Kigali
- U Bushinwa bwangiye itsinda rya OMS kwinjira mu gihugu gukora iperereza ku nkomoko ya Covid-19
- #COVID19 : Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 167, ntawakize
- Mu Rwanda COVID-19 yishe abantu batanu, haboneka abarwayi bashya 107
- Hari abari baraguze amatike bahawe amahirwe yo kugenda
- Mu batangiye ingendo kuri uyu wa Kabiri hari abasubizwa inyuma, abandi bakomeze
- Polisi iraburira abatwara abagenzi bava mu Karere bajya mu kandi bitemewe
- Guma mu Karere nidatanga igisubizo murumva ikizakurikiraho - Min. Busingye
- Minisitiri Mpunga yasobanuye impamvu yo guhagarika ubucuruzi saa kumi n’ebyiri n’ingendo hagati y’uturere
- Abarokotse Jenoside bageze mu zabukuru bifashisha Yoga mu kurwanya umuhangayiko wa COVID-19
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Kubwanjye murwego rwo kurwanyo uburara bugiye kuzabaho bitewe na covid19 mwashyira imbara mukureba ukuntu abana bose bajya kwishyuri kuko hanze aha hari ibirangaza byinshi.ahubwo nkuko kwishuri dusanzwe tugira abanyeshuri bayobora abandi bari bakwiriye kugera kukigo bagatora kuri buri shuri ushinzwe umutekano w’abanyeshuri bashaka kwica amabwiriza yo kutegerana.bigenze gutyo umunyeshuri sho yaba ahagaze hose yajya ahora yikanga ngo nitwegerana baraduhana kuko ikigo cyose kizaba cyuzuyemo abayobora bababuza contact.sawa murakoze