#COVID-19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 135, abakize ni 126

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 01 Mata 2021, mu Rwanda umuntu umwe yitabye Imana yishwe na COVID-19 yuzuza umubare w’abantu 308 bamaze kwicwa n’icyo cyorezo mu Rwanda. Habonetse abanduye bashya 135, abakize ni 126 mu gihe abakirwaye bose hamwe ari 1,302.

Uwapfuye ni umugore w’imyaka 24 i Nyamagabe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka