#COVID-19: Mu Rwanda abakize ni 83, abanduye ni 72

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 21 Gicurasi 2021, mu Rwanda abantu 83 bakize Covid-19. Abayanduye ni 72 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 26,601. Abakirwaye bose hamwe ni 1,285 mu gihe urembye ari umwe (1).

Akarere ka Karongi ni ko gafite abanduye benshi, ni 18.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Turabashimira kubwa amakuru meza mukomeza kuduha ariko haribiganiro bigira amasaha make nk’impamba yumunsi ya ben byibuze aza ageza saa sita murakoze kandi abakunzi ba kt radio bagubwe neza

Nsengiyumva jean Claude stana boy Santana yanditse ku itariki ya: 21-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka