#COVID-19: Mu Rwanda abakize ni 60, abanduye ni 14

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 29 Gicurasi 2021, mu Rwanda abantu 60 bakize Covid-19. Abayanduye ni 14 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 26,892. Abakirwaye bose hamwe ni 938 mu gihe abarembye ari batanu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka