#COVID-19: Mu Rwanda abakize ni 102, abanduye ni 66

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gtandatu tariki 15 Gicurasi 2021, mu Rwanda abantu 102 bakize Covid-19. Abayanduye ni 66 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 26,099. Abakirwaye bose hamwe ni 1,062 mu gihe abarembye ari babiri (2).

Akarere ka Karongi ni ko gafite abanduye benshi, ni 24.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka