#COVID-19: Mu Rwanda abakize ku wa Mbere ni 47, abanduye ni 42

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 24 Gicurasi 2021, mu Rwanda abantu 47 bakize Covid-19. Abayanduye ni 42 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 26,730. Abakirwaye bose hamwe ni 1,237 mu gihe abarembye ari batatu.

I Kirehe ni ho habonetse abanduye benshi bangana n’abantu icyenda, i Karongi haboneka umunani nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

ntuye mumurenge kinihira akagari karegamazi mbana nubumuga nakoreye umugabo akazi ariko ikimabaje yarantoje bikabije musaba kumpemba ngo nitahire ambwira nabi hari RE17/05/2021 naratashye yanze kumpemba mwangira iyihe nama MURAKOZE

dushimimana ephrem yanditse ku itariki ya: 25-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka