#COVID-19: I Karongi habonetse abarwayi bashya 48, i Gicumbi haboneka 10

Imibare yashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda tariki 12 Gicurasi 2021, iragaragaza ko uturere tubiri two mu Rwanda twabonetsemo abarwayi benshi kurusha utundi. Utwo ni Karongi mu Burengerazuba ahabonetse 48 na Gicumbi mu Majyaruguru ahabonetse 10.

Muri rusange abarwayi bashya babonetse mu Rwanda hose ni 73 bakaba babonetse mu bipimo 3,886. Abakize ni 78, abakirwaye ni 1,095, umuntu umwe ni we urembye.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mubyukuri icyicyorezo cyaraduh mukiye twakabaye tukirinda nkukobiri kuko nkajye narinibereye mumahugurwa dufashweneza rwose bucya twumvango tujye muri guma murugo banyarwanda bajyenzibajye twirinde Corona virus

Niyibizi Pacific yanditse ku itariki ya: 14-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka