#COVID-19: I Karongi, Gicumbi na Rubavu habonetse abarwayi bashya benshi

Imibare yashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, iragaragaza ko uturere dutatu two mu Burengerazuba no mu Majyaruguru twabonetsemo abarwayi bashya benshi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

NTA GITANGAZA KO I RUBAVU HABONEKA UMUBARE MUNINI W’ABARWAYE COVID19, NTABWO MWUMVISE KO KURI HÔPITAL YA GISENYI BARYAMISHA ABARWAYI BASANZWE KU BITANDA BAKUYEHO ABARWAYE CORONA? TALIKI 14/04/2021 AHO BAKIRIRA ABAJE BAREMBYE BAKIRIYE UMUGABO BAMUPIMYE BASANGA NI POSITIF, BARAHAMUKUYE AKO KANYA KUR’ICYO GITANDA BAHITA BAHARYAMISHYA UMUGORE URWAYE BISANZWE,BATAHATEYE N’UMUTI, ABENSHYI BARI KWANDUZWA NGO BADUSUBIZE MURI GUMA MURUGO.

mamy yanditse ku itariki ya: 11-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka