Abanyarwanda bitegure kubana na COVID-19 - Minisitiri Ngamije

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije atangaza ko mu gihe Abanyarwanda bose batarabasha kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, hakwiye kubaho kwiga uburyo bwo kubana n’icyo cyorezo, mu gihe hagishakishwa uburyo bwo guhangana na cyo.

Minisitiri Ngamije avuga ko hari icyizere ko icyorezo kizacika burundu, ariko agasaba ko abantu bose bubahiriza amabwiriza bahabwa, mu rwego rwo guhangana n’icyo cyorezo.

Yabitangarije mu kiganiro inzego zinyuranye zagiranye n’itangazamakuru ku wa Mbere tariki ya 20 Nyakanga 2020, cyagarukaga ku ishusho y’igihugu , mu gihe cy’amezi ane icyorezo cya Covid-19 kigeze mu Rwanda.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka