Abantu 111 bashya banduye Covid-19, abayikize ni 35

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 08 Mata 2021, mu Rwanda habonetse abantu 111 bashya banduye Covid-19, buzuza umubare w’abamaze kuyandura bose hamwe wa 23,152. Abakize icyo cyorezo ni 35, abakirimo kuvurwa ni 1,968.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka