Abantu 109 bashya banduye #Covid-19, abayikize ni 111

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 01 Gicurasi 2021, mu Rwanda habonetse abantu 109 bashya banduye Covid-19, buzuza umubare w’abamaze kuyandura bose hamwe wa 23,225. Abakize icyo cyorezo ni 1545, abakirimo kuvurwa ni 1,968.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka