Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Yatotejwe mu gihe cya Jenoside na nyuma yaho aba muri zone Turquoise (Ubuhamya)
Dr Jose Chameleone arashinjwa guhohotera umuhanzikazi Sencere
Umuryango RNUD ugaragaza imbogamizi zo kuba ururimi rw’amarenga rutaremerwa ku rwego rumwe n’izindi
Urubyiruko ruri mu buhinzi rurifuza ubufatanye n’inzego mu kugeza ibikorwa byabo mu gihugu hose