RIB: Munyenyezi arashinjwa kwica arashe umubikira wari umaze gusambanywa n’Interahamwe
Yanditswe na
KT Editorial
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Munyenyezi Beatrice woherejwe mu Rwanda tariki ya 15 Mata 2021 akuwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kurangiza igihano cy’imyaka 10 yari yarakatiwe n’urukiko rwasanze yarabeshye ko nta ruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Umva muri iyi Video uko Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, asobanura ibyaha akekwaho n’ibimenyetso byabyo.
Ohereza igitekerezo
|
Mbega ubugome.Igitangaje nuko genocide yakozwe n’abitwaga abakristu.Bene abo nibo bicana,barya ruswa,basambana,etc...
Yezu yavuze ko abakristu nyakuri ari bacye cyane.Abo nibo bazaba mu bwami bw’Imana.Abandi Imana izabarimbura ku munsi wa nyuma.