Urubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be ruragana ku musozo: Bimwe mu byaruranze

Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruzasoma umwanzuro mu rubanza ruregwamo Paul Rusesabagina na bagenzi be 20, kuri uyu wa mbere tariki 20 Nzeri 2021.

Paul Rusesabagina wari umuyobozi w’umutwe MRCD/FLN, we na bagenzi be 20 bashinjwa ibyaha birimo kurema umutwe w’Ingabo utemewe, kuba mu mutwe w’iterabwoba, gutera inkunga iterabwoba, ubwicanyi nk’igikorwa cy’iterabwoba n’ibindi.

Ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igihano cyo gufungwa burundu, hanyuma Nsabimana Callixte bumusabira igifungo cy’imyaka 25. Abandi na bo bagiye basabirwa ibihano birimo igifungo cya burundu no gufungwa imyaka 25.

Kigali Today yabateguriye icyegeranyo ku mavu n’amavuko y’uru rubanza.

Inkuru zijyanye na: Rusesabagina

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka