Umugande Sgt Lubega Ibrahim (Demob) wahoze muri RPA yasabiwe gufungwa burundu (Video)

Sergent Lubega Ibrahim yahoze mu ngabo z’u Rwanda, icyo gihe zitwaga APR. Ni umunya-Uganda wasezerewe mu ngabo z’u Rwanda ubwo habagaho gusezerera abanyamahanga.

Ni umwe mu bantu 37 bahoze ari abarwanyi b’imitwe y’iterabwoba ya P5 na RUD-Urunana bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba no kugambirira kugirira nabi ubutegetsi bwo mu Rwanda.

Ubushinjacyaha bwa Gisirikare na we bwamusabiye igifungo cya burundu. Muri iyi video urumva ibyaha ubushinjacyaha bumurega n’ibihano bumusabira, hanyuma wumve uburyo we n’umwunganira mu mategeko bisobanura imbere y’urukiko.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka