Isomwa ry’urubanza rwa Diane Rwigara n’abo mu muryango we rirasubitswe
Yanditswe na
KT Editorial
Isomwa ry’urubanza Diane Rwigara areganwamo na bamwe mu bagize umuryango we, Anne Rwigara murumuna we n’umubyeyi we Adeline Mukangemanyi , ryari riteganijwe kuri uyu wa Gatanu rirasubitswe.

Urubanza rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu rwimuriwe ku wa mbere
Umucamanza atangaje ko impamvu yo gusubika isomwa ry’urwo rubanza ishingiye ku bunini bwa dosiye z’abaregwa, batabashije kwiga ngo bayirangize.
Isomwa ry’urwo rubanza ryimuriwe ku wa mbere tariki 23 Ukwakira 2017, Saa cyanda z’umugoroba.
Ohereza igitekerezo
|
ese ko twumva bakandamizwa mu byukuri baba bazira iki?