Bahame wigeze kuyobora aka Karere ka Rubavu yasomewe iki gihano mu rubanza rwabaye kuri uyu wa gatanu tariki 16 Ukwakira 2015, mu gihe umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere Kalisa Christopher we yakatiwe umwaka w’igifungo.

Uwari noteri w’akarere nawe asabirwa gufungwa umwaka usubitswe, naho abandi bakozi b’akarere bari barahagaritswe bashinjwa amakosa mu gutanga iryo soko bagirwa abere.
Aba bose baziraga icyaha cyo gutanga isoko rya Gisenyi binyuranyije n’amategeko, ryahawe rwiyemezamirimo.
Syldio Sebuharara
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|