Anne Rwigara ararekuwe, Diane Rwigara n’umubyeyi we bakatirwa 30 y’agateganyo

Umucamanza waburanishaga urubanza ku ifunga n’ ifungurwa ry’agateganyo rya Diane Rwigara, Anne Rwigara na Mukangemanyi Adeline ubabyara rwaberaga mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, yanzuye ko Anne Rwigara arekurwa akazajya akurukiranwa ari hanze.

Anne Rwigara Urukiko rwanzuye ko arekurwa akazakurikiranwa ari hanze
Anne Rwigara Urukiko rwanzuye ko arekurwa akazakurikiranwa ari hanze

Dianne Rwigara n’umubyeyi we Mukangemanyi, umucamanza yanzuye ko bakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza ku byaha baregwa rigikomeje nyuma urubanza rukazakomereza mu mizi bafunze.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

nabasabaga ko mwatubwira aho anne rwigara aherereye kurubu

tuyishime yanditse ku itariki ya: 17-03-2018  →  Musubize

hahahahahah ni danger mbega ubuzima we

janvier yanditse ku itariki ya: 8-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka