Nyamasheke: Abacuruzi ba Kawa barasaba ubuyobozi kubagaruriza Miliyoni 16 zanyerejwe
Yanditswe na
Euphrem Musabwa
Abanyamuryango ba Koperative Nyamirundi ikora ubucuruzi bw’Ikawa mu Karere ka Nyamasheke, barasaba ubuyobozi bw’Akarere kubagaruriza umutungo usaga Miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda, bavuga ko zanyerejwe na Perezida wa Koperative yabo ndetse n’umucunga mutungo wayo.

Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe ubukungu, Ntaganira Josue Michael avuga ko bagiye gukurikirana iki kibazo vuba
MENYA UMWANDITSI
Ohereza igitekerezo
|