Nahitamo kuba muri Gereza aho kugira ngo nsubire mu buhungiro - Nsabimana Callixte

Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara yemera ko kubera ibyaha yakoreye sosiyete, ari ngombwa kugororwa. Avuga ko iyo umugororwa aranzwe n’ikinyabupfura aba afite amahirwe yo kwandikira Umukuru w’Igihugu akamusaba imbabazi kandi ko na we ari byo ateganya.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru tariki 26 Gicurasi 2022, yasobanuye uko babayeho muri Gereza. Nsabimana Callixte yanageneye ubutumwa abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Bikurikire muri iki kiganiro:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Sankra Iyo Amenya ubwenge kare nawe aba afite Etage mu mujyi wa kigali
Imyaka 6 wataye urindagira ngo uzasimbura Umusaza binyuze muyihe nzira
Habe,cya gihe wari Manager wa Reustaurant mu mujyi wari ufite amahirwe yo kumenya umuhamagaro wawe,Ugashaka kach None wowe nitsinda ritanayobora AKAGALI NGO MURASHAKA IGIHUGU AHA IYO NIBURA MWIFATIRA HOTEL kuko niko kazi kanyu.
Mumbabarire naganiraga,kuko kuba Umuyobozi wigihugu sibyaburi wese

leo yanditse ku itariki ya: 27-05-2022  →  Musubize

Sankra ibyo avuga ni ukuri kuko ntacyo wakora ngo urwanye igihugu nku Rwanda
1,kitagira ivangura
2,Abana bose bariga
3,Abakene bahabwa VUP
4,abakene bishyurirwa Musa
5, Gira inka abantu banywa amata
6,Abubakiwe amazu
7,Abagore bahawe ijambo
8,Urubyiruko mubuyobozi
NB:Ibyo nibyo mbashije kuvuga hafi mvuze byinshi bwacya bukira
None umuntu akora amakosa ye kugiti cye agashaka abayamuherekezamo
Abeshya ngo ni umunyapolitique Mumenye ubwenge

leo yanditse ku itariki ya: 27-05-2022  →  Musubize

Mwaramutse neza,nifuzaga ko mwazatubariza Abantu basenyewe mu murenge wa rusororo,akagari ka nyagahinga ,umudugudu wa runyonza,hafi na garaje ya KBs haruguru ya minagri impamvu leta itatwishyura twarasenyewe 2019 kugeza ubu ntidufite aho kuba amaso yaheze mu kirere bavuga ko bazaduha ingurane kumitungo yacu kugeza ubu tukaba turi mu buzima bigoye cyane .murakoze muzatubarize ubuyobozi bwumurenge was rusororo nibwo bwadusenye.

Alias yanditse ku itariki ya: 27-05-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka