Bambuwe isambu basigiwe n’umubyeyi wabo bibasiga mu kangaratete

N’ubwo itegeko ryo kuzungura ryo mu 1999 ryemerera n’abana b’abakobwa kuzungura iby’ababyeyi babo, bityo n’ibisizwe na nyina abana bakaba bashobora kubizungura, ahitwa i Sovu mu Karere ka Huye hari ababyeyi babiri bambuwe isambu basigiwe n’umubyeyi wabo hitwajwe ko nta mwishywa uzungura iby’iwabo wa nyina.

Ubusanzwe abishywa b’umuntu baba ari abana babyawe na mushiki we

Ikibabaza abo babyeyi ni uko babayeho mu bukene, batagira n’aho guhinga, ndetse n’urubanza batsindiyemo ababatwariye isambu muri 2009 rukaba rugeze uyu munsi rutararangizwa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka