“Nihatavanwa ihuzagurika mu burezi, igihugu ntaho kizaba kigana” Abasesenguzi (Ikiganiro)

Mu kiganiro Ubyumva ute cya KT Radio cyabaye kuri uyu wa kane tariki 17 Mutarama 2019, umunyamakuru Anne Marie Niwemwiza wa KT Radio na Kigali Today yakiriye abatumirwa barimo Madame Marie Immaculée Ingabire, umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Sam Gody Nshimyimana umubyeyi akaba n’uwahoze ari umunyamakuru, ndetse na Jean Claude Ndayishimye, umunyamakuru.

Ubyumva ute ni ikiganiro kikugeraho kuva kuwa mbere kugera kuwa kane kuri KT Radio 19h30 - 20h30
Ubyumva ute ni ikiganiro kikugeraho kuva kuwa mbere kugera kuwa kane kuri KT Radio 19h30 - 20h30

Abatumirwa bagarutse ku buryo nihatagira igikorwa ngo ihuzagurika riri mu burezi bw’u Rwanda rihagarare, ahazaza h’igihugu hazaba hatizewe.

Kurikira ikiganiro cyose hano

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Mukuri mbona birenze guhuzagurika,ahubwo byafashe indi shusho. Ubu ntapiganwa rikibamo umwana aziko niyo yabona zero mumasomo yose azatsinda. Si ibyo gusa kuko n’imyitozo barayikora kungufu.iyo hatajemo ingufu ntayobakora ,kuko baziko niyo baba biga muwa gatatu bimuka bakajya muwa Kane. Ubundi hari abanyeshuri ubona muwa gatanu w’isumbuye barutwa n’umwana utangiye muwa mbere w’isumbuye

Kamana cyprien yanditse ku itariki ya: 19-01-2019  →  Musubize

Hari icyo mutavuzeho. Le système éducatif est le reflet du système politique qui l’abrite. Niba iyo réforme yarakozwe kugirango ijyane n’ibyo abayikoze bemera, ntiyahinduka rero nabo badahindutse.

Rema yanditse ku itariki ya: 19-01-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka