Video: Uko abanyeshuri barwaye COVID-19 barimo gufashwa gukora ikizamini cya Leta

Abanyeshuri basaga ibihumbi 195 batangiye ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange n’amashuri yisumbuye. Barimo ibihumbi 122 bo mu cyiciro rusange, mu gihe abarangiza umwaka wa gatandatu ari ibihumbi bisaga 50, naho mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET) bakaba ibihumbi 22.

Minisiteri y’Uburezi (Mineduc), yatangaje ko mu banyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri y’icyiciro rusange n’ayisumbuye harimo 106, barwaye icyorezo cya Covid-19, ndetse bashyiriweho uburyo bwo gufashwa.

Bikurikire muri iyi Video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka