Urukiga rudindiza abana bagitangira amashuri abanza (IKIGANIRO)

Abarezi b’ibigo byo mu Karere ka Gicumbi, bituranye n’igice gihana imbibe na Uganda, bahura n’imbogamizi z’abana bakura bavuga Igikiga, bigatuma gutangira amashuri bibagora kuko akurikiza gahunda ya Minisiteri y’Uburezi kandi iri mu Kinyarwanda. Umva inkuru hano:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Leta nivugurure politike y’imyigishirize y’indimi. Kera wasangaga izo mvugo z’uturere zitavugwa ku mashuri, abana bazivugaga mu miryango gusa, ubundi bakigishwa Ikinyarwanda rusange (cyitwa Ikinyarwanda cyo hagati). Ni na cyo wasangaga kivugwa kikanandikwa mu bitangazamakuru, ku buryo byagoranaga kumenya inkomoko y’umunyamakuru runaka, umuyobozi runaka... Ariko ubu ni umukino w’abana kumenyana aho umuntu uyu n’uyu akomoka uhereye ku mvugo ye!

Regis yanditse ku itariki ya: 7-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka