Urukiga rudindiza abana bagitangira amashuri abanza (IKIGANIRO)
Abarezi b’ibigo byo mu Karere ka Gicumbi, bituranye n’igice gihana imbibe na Uganda, bahura n’imbogamizi z’abana bakura bavuga Igikiga, bigatuma gutangira amashuri bibagora kuko akurikiza gahunda ya Minisiteri y’Uburezi kandi iri mu Kinyarwanda. Umva inkuru hano:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Leta nivugurure politike y’imyigishirize y’indimi. Kera wasangaga izo mvugo z’uturere zitavugwa ku mashuri, abana bazivugaga mu miryango gusa, ubundi bakigishwa Ikinyarwanda rusange (cyitwa Ikinyarwanda cyo hagati). Ni na cyo wasangaga kivugwa kikanandikwa mu bitangazamakuru, ku buryo byagoranaga kumenya inkomoko y’umunyamakuru runaka, umuyobozi runaka... Ariko ubu ni umukino w’abana kumenyana aho umuntu uyu n’uyu akomoka uhereye ku mvugo ye!