MINEDUC yatangaje uko ingendo zo gusubira ku ishuri ku biga bacumbikirwa zizakurikirana

Nyuma y’uko mu minsi ishize hatangajwe ingengabihe y’isubukurwa ry’amasomo, ubu noneho Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize ahagaragara gahunda y’ingendo zo gusubira ku ishuri ku banyeshuri biga bacumbikirwa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

mwaramutse? birashimishije kuko byatezimbere umuco nyarwanda

LOIC ISHIMWE yanditse ku itariki ya: 11-12-2021  →  Musubize

Nakaminuza naho batubwire kubantu barikuzatangira muri level1 natwe dutangire twitegure

Niyonkuru ignace yanditse ku itariki ya: 24-10-2020  →  Musubize

Nibyizako amasomo agiyegusubukurwa arikose nkabobobanyeshuri bifuzako leta yabafasha kubona tike bo ntibayinananiza, yabategegeye bajya mumacumbi yabo kubera covid yarije none nubu niko babifashe gusa nibishakemo igisubizo ntantore iganya

Imanizabayo emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-10-2020  →  Musubize

None mwakwihanganye mukatubariza igihe abanyeshuri bashya (level1) igihe bazatangaza abemerewe kwiga

Nizeyimana straton yanditse ku itariki ya: 23-10-2020  →  Musubize

Mutubabarire mutubwire natwe abiga kaminuza level1&2 igihe tuzatangirira.

Emilia yanditse ku itariki ya: 22-10-2020  →  Musubize

Nibyiza kubatugiye gusubira ku ishuri , ariko kubwingaruka za COVID biragoye kubona ticket , minerivare n’ibindi bikoresho by’ishuri. Bishoka reta yafasha abanyeshuri bataribabona amafaranga yo kwifashisha mubijyanye nokwiga bakaguriza ababyeyi babo bakazishurwa nyuma. Bibaye byiza kurushaho ayomafaranga ntanyungu yayo basaba cyangwa yasabwa ikaba arike cyane. Murakoze!

Jacques Ikundabayo yanditse ku itariki ya: 22-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka