MINEDUC yatangaje uko ingendo zo gusubira ku ishuri ku biga bacumbikirwa zizakurikirana
Yanditswe na
KT Editorial
Nyuma y’uko mu minsi ishize hatangajwe ingengabihe y’isubukurwa ry’amasomo, ubu noneho Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize ahagaragara gahunda y’ingendo zo gusubira ku ishuri ku banyeshuri biga bacumbikirwa.
mwaramutse? birashimishije kuko byatezimbere umuco nyarwanda
Nakaminuza naho batubwire kubantu barikuzatangira muri level1 natwe dutangire twitegure
Nibyizako amasomo agiyegusubukurwa arikose nkabobobanyeshuri bifuzako leta yabafasha kubona tike bo ntibayinananiza, yabategegeye bajya mumacumbi yabo kubera covid yarije none nubu niko babifashe gusa nibishakemo igisubizo ntantore iganya
None mwakwihanganye mukatubariza igihe abanyeshuri bashya (level1) igihe bazatangaza abemerewe kwiga
Mutubabarire mutubwire natwe abiga kaminuza level1&2 igihe tuzatangirira.
Nibyiza kubatugiye gusubira ku ishuri , ariko kubwingaruka za COVID biragoye kubona ticket , minerivare n’ibindi bikoresho by’ishuri. Bishoka reta yafasha abanyeshuri bataribabona amafaranga yo kwifashisha mubijyanye nokwiga bakaguriza ababyeyi babo bakazishurwa nyuma. Bibaye byiza kurushaho ayomafaranga ntanyungu yayo basaba cyangwa yasabwa ikaba arike cyane. Murakoze!