MINEDUC yatangaje ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2018

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), Isaac Munyakazi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye yagaragaje ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2018.

Iyo umwaka w'amashuri utangiye abanyeshuri baba ari benshi muri gare ya Nyabugogo babyigana ngo babone imodoka zibajyana ku mashuri yabo
Iyo umwaka w’amashuri utangiye abanyeshuri baba ari benshi muri gare ya Nyabugogo babyigana ngo babone imodoka zibajyana ku mashuri yabo

Yabitangarije mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye ku wa Kabiri ku itariki ya 05 Ukuboza 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

Isaac Munyakazi yatangaje ko ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye y’umwaka wa 2018 igizwe n’ibyumweru 39 bigabanijwe mu bihembwe bitatu.

Igihembwe cya mbere kizamara ibyumweru 10, kizatangira ku itariki ya 22 Mutarama 2018, kirangire ku itariki ya 29 Werurwe 2018.

Igihembwe cya kabiri kizamara ibyumweru 15, kizatangira ku itariki ya 16 Mata 2018, kirangire ku itariki ya 03 Kanama 2018.

Igihembwe cya gatatu kizamara ibyumweru 14, kizatangira ku itariki ya 21 Kanama 2018, kirangire ku itariki ya 23 Ugushyingo 2018.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 24 )

nigute twabona ibizamini bya leta byabanje(byakozwe)
kugira tugume kwitegura neza ibindi bizami bitarakorwa cyane cyane abanyeshuri babakandida
murakoze.

mboma yanditse ku itariki ya: 20-05-2019  →  Musubize

Ndifuza kumenya uko umwaka wa 2019 upanze murakoze

Jean yanditse ku itariki ya: 11-12-2018  →  Musubize

turashimira gahunda y,areta yo gukomeza gushishikariza abana kujya mwishuri

ildephonse yanditse ku itariki ya: 2-12-2018  →  Musubize

mutugabanyirize igihembwe cya 2 kuko kiratugora

sikubwabo edouard yanditse ku itariki ya: 8-11-2018  →  Musubize

nibya pe umwakwa 2019 bizatangire murakoze

pascasie yanditse ku itariki ya: 22-10-2018  →  Musubize

Igihembwe cya gatatu 2018 kizarangira ryari? Ko bivugwako itariki zigijwe imbere byaba aribyo? Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 15-10-2018  →  Musubize

biza shyirwa mubikorwa ryari?

alias yanditse ku itariki ya: 22-10-2018  →  Musubize

Kbs murebe ukuntu mwazagabanya igihembwe cy 2 kuk haba hari izub ryinsh ritez stress kand mber umwaka warangiraga mukwa 10 none ahubwo bigiye kujya bifata mukwa 12 babirebeh naby kbs

Patrick yanditse ku itariki ya: 17-01-2018  →  Musubize

Kwiga no kwigisha mu mpeshyi bivuna abana n’abarezi. Bikosowe byashimisha benshi.

BOSCO yanditse ku itariki ya: 16-01-2018  →  Musubize

none ko turikumva ngo ummwaka w’amashuri uzajya urangira mu kwezi kwa9 bizatangira ryari?

alias yanditse ku itariki ya: 11-01-2018  →  Musubize

mwatubabariye mukatwongerera icyumweru

alias yanditse ku itariki ya: 14-01-2018  →  Musubize

ndashaka kumenya umwaka wa 2019 igihe tuzafungurira

mucyo jean baptiste yanditse ku itariki ya: 30-11-2018  →  Musubize

All I wanted to ask is the students who did national exams will go to school when??
Is it the same time as the other students or will they go after aweek?? That was my question

Chris peter mafia yanditse ku itariki ya: 11-01-2018  →  Musubize

nigute twabona ibizamini byakozwe kuri internet

mboma yanditse ku itariki ya: 20-05-2019  →  Musubize

Ariko kuki igihembwe cyambere bakigira kigufi ahubwo bakarenga igihembwe cya 2 ari acyo kiba kigoye kubanyeshuri bakakigira kirekire, bakwiye kubikosora pe

Dismas yanditse ku itariki ya: 3-01-2018  →  Musubize

None ndangirango Mubwire Igihe Amashuri Azatangirira ya 2018 Murakoze.

MURENZI yanditse ku itariki ya: 29-12-2017  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka