MINEDUC iratangaza gahunda yo gusubira ku ishuri bitarenze kuri uyu wa Gatanu

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yatangaje ko gahunda y’ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri izatangazwa bitarenze ku wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022.

Ibi Minisiteri y’Uburezi yabitangaje ibinyujije kuri Twitter nyuma y’uko hari ababyeyi n’abanyeshuri bari bakomeje kwibaza uburyo ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri zizakorwa.

Ni mu gihe Ingengabihe ya 2021-2022 yo igaragaza ko igihembwe cya kabiri cy’amashuri abanza n’ayisumbuye kizatangira tariki 10 Mutamara 2022.

Iyi gahunda yashyizweho mu rwego rwo kunoza ingendo hagamijwe korohereza abanyeshuri aho badafatira imodoka muri Gare rusange ahubwo bakazifatira aho bateganyirijwe, by’umwihariko muri ibi bihe bijyanye no kubahiriza amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya COVID-19.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 10 )

Mudufashe rwose

Nkusi dean george yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

mwongereho icyumwer

Nkusi dean george yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

Rwose mutwongerereho icymweru turusheho kwitegur

Nkusi dean george yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

Ko numva ngo bogeyeho icyumweru nibyo? Ark byanadufasha twe abanyeshuri kwiga kugirango twitegure neza ama test azakorwa tuzatangira icyo cyumweru baba bogeyeho koko cyanadufasha nomugukore further researches

RWIRANGIRA prince yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

Ko numva ngo bangeyeho icyumweru se bimeze bite

Niyigena john Patrick yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

Oya ntabwo aribyo ntango bariba itagaza

Baevun yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

Hello sir! Nabazaga niba nigihe cyogutangirira amasomo kizahinduka ? Cyangwa niba Ari ingendo gusa

NYIRANEZA Chantal yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

N’UKURI BABYEYI BACU MUTUBABARIRE DUSUBIRE KUSHURI PE

Habineza Eric yanditse ku itariki ya: 7-01-2022  →  Musubize

Ese igihe cyogutangira cyizahinduka cg ni ngendo gusa

Dufitimana fabrice yanditse ku itariki ya: 5-01-2022  →  Musubize

Ndumva botahinfuka

Uwase Caline yanditse ku itariki ya: 6-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka