
Ibi Minisiteri y’Uburezi yabitangaje ibinyujije kuri Twitter nyuma y’uko hari ababyeyi n’abanyeshuri bari bakomeje kwibaza uburyo ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri zizakorwa.
Ni mu gihe Ingengabihe ya 2021-2022 yo igaragaza ko igihembwe cya kabiri cy’amashuri abanza n’ayisumbuye kizatangira tariki 10 Mutamara 2022.
Iyi gahunda yashyizweho mu rwego rwo kunoza ingendo hagamijwe korohereza abanyeshuri aho badafatira imodoka muri Gare rusange ahubwo bakazifatira aho bateganyirijwe, by’umwihariko muri ibi bihe bijyanye no kubahiriza amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Dukomeje kwakira ubutumwa bubaza gahunda y'ingendo z'abanyeshuri basubira ku mashuri, turabasaba kwihangana muzayimenyeshwa bitarenze ku wa gatanu tariki ya 7/01/2022.
— Ministry of Education | Rwanda (@Rwanda_Edu) January 5, 2022
Ohereza igitekerezo
|
Mudufashe rwose
mwongereho icyumwer
Rwose mutwongerereho icymweru turusheho kwitegur
Ko numva ngo bogeyeho icyumweru nibyo? Ark byanadufasha twe abanyeshuri kwiga kugirango twitegure neza ama test azakorwa tuzatangira icyo cyumweru baba bogeyeho koko cyanadufasha nomugukore further researches
Ko numva ngo bangeyeho icyumweru se bimeze bite
Oya ntabwo aribyo ntango bariba itagaza
Hello sir! Nabazaga niba nigihe cyogutangirira amasomo kizahinduka ? Cyangwa niba Ari ingendo gusa
N’UKURI BABYEYI BACU MUTUBABARIRE DUSUBIRE KUSHURI PE
Ese igihe cyogutangira cyizahinduka cg ni ngendo gusa
Ndumva botahinfuka