
Ibi ni ibyagaragajwe kuri uyu wa Mbere tariki 30 Kamena 2025, ubwo hatangizwaga ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza icyiciro cy’amashuri abanza, umwaka w’amashuri 2024-2025,igikorwa cyayobowe na Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana.
Ni igikorwa cyabereye ku ishuri rya GS Institut Filippo Simaldone riherereye mu Karere ka Nyarugenge, kikaba cyitabiriwe kandi n’Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe Ubukungu n’Imibereho y’Abaturage, Urujeni Martine.
Ibi ni ko byagenze mu gihugu hose, aho byari biteganyijwe ko abanyeshuri 220,840 ari bo bagombaga kwitabira ibi bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, barimo abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205.



Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|