Itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi w’agateganyo wa UTAB, Dr.Niyonzima Eliezer, riravuga ko Musenyeri Nzakamwita yagize Dr. Ndahayo umuyobozi wa UTAB, “Ashingiye ku Mategeko Shingiro y’Umuryango ‘University of Technology and Arts of Byumba’ (UTAB); ashingiye kandi ku Itegeko No 01/2017, ryo kuwa 31/01/2017, Rigena Imiterere, Imitunganyirize n’Imikorere by’Amashuri Makuru”.
Iri shuri rikuru ribonye umuyobozi mushya, nyuma y’uko ryakunze kumvikanamo ibibazo bishingiye ku miyoborere.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
nibyiza kuba iryo shuri ryabonye umuyobozi mushya nyuma y,ibibazo byahavugwaga.