
Itangazo rya MINEDUC rivuga ko iki cyemezo cyo kuyifunga cyatangiye kubahirizwa guhera kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, kugira ngo iperereza rijyanye n’ubujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta ririmo gukorwa rikomeze nta nkomyi.

Ohereza igitekerezo
|