Dore uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazasubira ku mashuri yabo
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyasohoye gahunda igaragaza uko ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa zizakorwa ubwo bazaba basubira ku mashuri bigaho.
NESA ivuga ko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira ku mashuri yabo guhera ku wa Kane tariki 04/01/2024 kugeza ku Cyumweru tariki 07/01/2024.
Gahunda irambuye y’ingendo kuri abo banyeshuri igaragara muri iri tangazo rikurikira:


Ohereza igitekerezo
|
Ese abanyeshuri muri second term 2024 biga bacumbikaukigo bazasubirayo ryari
Day school zizatangira ryari
Mfite ikibazo cyagihe abanyeshuri ba secondary bazatangirira
Mwatubariza ko ingendo ziva muntara kubambucyiranya umujyi bajya kwiga muzindi ntara imodoka bazishyize munkengero z umugi abanyeshuri kugera inyamirambo biteganyije bite?
Mwatubariza ko ingendo ziva muntara kubambucyiranya umujyi bajya kwiga muzindi ntara imodoka bazishyize munkengero z umugi abanyeshuri kugera inyamirambo biteganyije bite?
Mwaramutse twagirango mutubarize abantu biteguye kwaplying University igihe link zizajy ahagaragara nka iprc,ur murakoze
Mwaramutse twagirango mutubarize abantu biteguye kwaplying University igihe link zizajy ahagaragara nka iprc,ur murakoze